
Kwibuka bibangamiye ubumwe n’ubwiyunge, kuko bihora bikongeza inzika n’urwango hagati y’abanyarwanda
Nkuko bisanzwe buri mwaka mu Rwanda, uno mwaka nabwo habaye icyunamo uko bigaragara ni ibisanzwe uretse ko ubona ibyuno mwaka nta ngufu byari bifite nki’by’umwaka ushize. Uno mwaka ka gahato ko kwakwa amafaranga kungufu karagabanutse, ushaka akaba ariwe uyatanga hari naho batayatse, ikindi ni uko ubundi gukererwaho niminota 2 bagucaga amafaranga wayabura ugafungwa, ariko ubu […]

Abanyarwanda ntibakibasha kwinjira muri Uganda hakoreshweje indangamuntu
Mu gihe u Rwanda na Uganda ubu umubano utameze neza, ubu noneho ya gahunda yo kugendera ku irangamuntu isa niyahagaze. Ubu umunyarwanda kwambuka ajya uganda ntibyoroshye, nako bisa nibidashoboka kuko umuntu aragenda yagera ku mupaka bakamugarura, hari ababigerageje inshuro nyinshi barabagarura. Muri make urwikekwe ku mipaka rumeze nabi. Ikindi ni uko ubu inkeragutabara ( abahoze […]