
UNR: Abanyeshuri baravuga ko bagiye kwicwa n’inzara kubera kubura ibyo bemerewe na leta byose.
Abanyeshuri biga mu mashami atandukanye ya Kaminuza y’u Rwanda baravuga ko ubu kubona ibyo kurya no kubona aho baryama bibagoye kubera ko kuri ubu hari amwe mu mashami ya kaminuza y’ u Rwanda ategeka abanyeshuli kwishyura mbere kugira ngo bahabwe izo serivisi. Bamwe mu banyeshuli twaganiriye baravuga ko babuze byose kuko ngo babuze amafaranga bajyaga […]