
Mu Rwanda, Facebook na Whatsapp bigiye gufungwa kubera amatora ya perezida wa Republika
Ni kuri uyu kane taliki ya 25/05/2017, mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo ubuyobozi bwa Komisiyo y’igihugu y’amatora aho Prof. Kalisa Mbanda na Munyaneza Charles batangarije abanyamakuru ko imbuga nka Facebook na Watsapp zizafungwa biramutse bishimangiwe ko zirimo kubangamira imigendekere iciye ukubiri n’amategeko ya Komisiyo mu matora ya Prezida wa republika muli kanama 2017. Aba bayobozi […]