
Icyo mvuga ku nyandiko ya Alain Patrick Ndangera yise : « Kwiyongeza mandat sicyo kibazo »
Mu nyandiko umugabo Alain Patrick Ndengera aherutse gutangaza ku mbuga za Internet zitandukanye, aravugako kuva aho akubukiye mu Rwanda mumpera z’umwaka turangije yabonye ko nubwo abanyarwanda benshi bakomeje gushishikazwa n’ikibazo cyo kuba Kagame yazongererwa izindi Mandats zo kuguma ku butegetsi, abandi bahugiye mu bya FDLR, we abonako ibyo bibazo atari byo by’ingenzi, ko ahubyo icyo […]