
Muhanga : Abantu basaga 80 bamaze gutabwa muri yombi baregwa guhungabanya umutekano
Ni mu minsi ishize aho mu Karere ka Muhanga mu majyepfo y’igihugu haherutse kumvikana abantu batamenyekanye bari bitwaje intwaro za gakondo batemaguye abanyerondo bane ariko ku bw’amahirwe ntihagira uwitaba Imana. Umuyobozi w’akarere ka Muhanga , Uwamariya Béatrice yadutangarije kuri tél. ngendanwa ye ko abo baturage batawe muri yombi mu rwego rwo guhumuriza abaturage babagaragariza ko […]