
Muri Gereza ya Muhanga, haje ikipe yo kwica abagororwa. Igizwe nande?
Leta y’uRwanda yahinduye amayeri yo kwica abantu batandukanye badashakwa n’ubutegetsi yifashishije bamwe mu bagororwa isanzwe yaratoje ikanabaha akazi ko gutanga ubuhamya ku rwego mpuzamahanga. Abagororwa n’abafungwa bafungiye muri gereza ya Muhanga ubu icyoba ni cyose nyuma yaho ubu barimo kwicwa umusubizo ku bisa n’umugambi muremure wo kurimbura benshi muribo. Icyi cyoba gishingiye ko mu ijoro […]