
Umwaka wa 2018 usize uburenganzira bw’imfungwa buhagaze bute mu Rwanda?
Hagiye humvikana abantu bamwe na bamwe bashima abandi banenga uko infungwa mu Rwanda zifatwa , hari bamwe bemeza ko zifatwa neza abandi nabo bakavuga ko zikorerwa iyicarubuzo. Reka turebe uko ibibazo bimwe na bimwe byari byifashe uyu umwaka mu magereza atandukanye yo mu Rwanda. 1. GUKUBITWA MURI GEREZA Uyu umwaka hakunze kumvikana cyane ikibazo […]