
Urukiko rwa «East African Community» rwemeje ko u Rwanda ari iguhugu kitagendera ku mategeko
Urukiko rwa «East African Community» kuri uyu wa kane rwemeje ko u Rwanda ari igihugu kidakurikiza amategeko, kikaba kitanubaha abenegihugu bacyo. Urwo rukiko rukaba rwanatangajwe no kubona u Rwanda rwihisha inyuma y’amategeko, rugakandamiza abaturage barwo. N’ubwo abunganira u Rwanda bavuga ko umuryango wa Rugigana wajyanye urwo rubanza mu rukiko impitagihe, ariko si ko urukiko rwa […]