
Rwanda : Mu muhango wo gusoza icyunamo, umwe mu rubyiruko yabajije niba indege ya Habyarimana yahanuwe atariyo « Nyirabayazana » ?
Ni muli ibyo biganiro bikomeje kubera hirya no hino mu Rwanda, kuri uyu wa 13/04/2017 hakaba hashojwe icyumweru cyahariwe kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatutsi muli 1994 by’umwihariko hibukwa abanyepolitiki bishwe bazira ibitekerezo n’ubutwari bwabo bwo kurwanya ingoma y’igitugu nkuko byagiye bigarukwaho na bamwe mu bayobozi b’agatsiko mu nsanganyamatsiko yahawe urwibutso rwa Rebero […]