
Rwanda/Ngoma. Imisanzu y’umutekano yazambije abaturage
Ngoma: Abaturage batishoboye nabo leta iri kubaka amafaranga y’umutekano. Biraterwa niki? Kuwa gatanu tariki ya 7/12/2018 mu gitondo cya kare abayobozi b’ umudugudu wa Nyarugenge, akagari ka Kinunga, umurenge wa Remera,akarere ka Ngoma, intaray’Uburasirazuba, babyukiye mu baturage babaka amafaranga yiswe ay’umutekano. Ikibabaje ariko nuko mubayatswe harimo abasaza n’abakecuru rukukuri,abapfakazi n’abatishoboye bo mu cyiciro cya mbere […]