
Rwanda : Ivugururwa ry’amategeko ahana, riteganya ko ubutinganyi uburaya, gukuramo inda,… atari icyaha
Ubutinganyi, uburaya, gukuramo inda, gucana inyuma kw’abashakanye, ngayo amahano agezweho mu rwa gasabo! Ni muli iki cyumweru kuwa 11 ugushyingo 2016, commission ishinzwe kuvugurura amategeko ahana y’u Rwanda yatangarije itangazamakuru ko uburaya, ubutinganyi, gukuramo inda ku bushake ndetse no gucana inyuma kw’abashakanye atari icyaha ko ari uburenganzira bw’ababikora. Ba bwana John Gara na Lambert Dushimirimana bamwe mu bagize iyo […]