
Prezida Kagame yagombye gutera ikirenge mu cya mugenzi we wa Senegal prezida Macky Sall.
Niba ntibeshya ni ubwa mbere mu mateka y’isi birenze kuba demokrasi aho umuprezida yigabanyiriza umubare w’imyaka ya mandat y’umukuru w’igihugu yatorewe n’abaturage nta mpamvu z’uburwayi cyangwa iza politiki zibimuteye ari ukugira ngo gusa yubahirize ibyo yasezeranije abaturage n’amahanga cyane cyane abatavuga rumwe nawe. Uwo nta wundi ni Prezida MACK Sall w’igihugu cya Sénégal, nka kimwe […]