
Gatsata (Gasabo District): Abanyerondo bicaza abaturage hasi bakanabakubita ngo ntibatanze amafranga y’umutekano nay’ isuku.
Ni ukuva muri izi ntangiriro z’umwaka, ku mabwiriza y’ubuyobozi bw’umurenge wa Gatsata, akarere ka Gasabo hari gahunda yo gukora imikwabo mu baturage mu buryo butunguranye hifashishijwe bamwe mu bavuye ku rugerero (abasezerewe mu ngabo bagizwe ahanini n’amakipe arara amarondo muli uwo murenge kugirango hishyuzwe ku ngufu amafranga y’umutekano n’isuku). Bamwe mu baturage bakaba bavuga ko […]