
Kwibuka bibangamiye ubumwe n’ubwiyunge, kuko bihora bikongeza inzika n’urwango hagati y’abanyarwanda
Nkuko bisanzwe buri mwaka mu Rwanda, uno mwaka nabwo habaye icyunamo uko bigaragara ni ibisanzwe uretse ko ubona ibyuno mwaka nta ngufu byari bifite nki’by’umwaka ushize. Uno mwaka ka gahato ko kwakwa amafaranga kungufu karagabanutse, ushaka akaba ariwe uyatanga hari naho batayatse, ikindi ni uko ubundi gukererwaho niminota 2 bagucaga amafaranga wayabura ugafungwa, ariko ubu […]