
Inzego z’umutekano za perezida Kagame ni zo zari inyuma y’iterwa ry’ibisasu !
Itohoza rimaze iminsi rikorwa n’Umuvugizi ryerekana ko abaturage bagera kuri babiri bishwe n’inzego z’umutekano za perezida Kagame, zikanakomeretsa abagera kuri cumi n’umunani. Iki gikorwa kikaba cyarabereye ahitwa mu Marembo mu murenge wa Nyabisindu ho mu karere ka Gasabo, ubwo izo nzego z’umutekano zateraga abaturage ibisasu. Iki gikorwa cya bunyamaswa kikaba cyarakozwe n’inzego z’ubutasi za perezida […]