
Rwanda: Birabe ibyuya! Muri Minijust hashyizweho urwego rw’iperereza ruzajya rukoresha intwaro aho bibaye ngombwa.
Uretse inzego z’iperereza DMI na CID zari zimenyerewe mu gukulikirana inzirakarengane no kuzinyoroza; Ministri w’ubutabera Bwana Busingye John abifashijwemo n’umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko ya Leta ya FPR Me Evode Uwizeyimana; kuri 27/03/2018 basobanuriye inteko ya Sénat y’u Rwanda iby’ishyirwaho by’urwego rushya rw’igihugu rushinzwe iperereza no kugenza ibyaha hifashishijwe ikoranabuhanga arirwo Rwanda […]