
Rwanda : abaturage ba Nyaruguru nabo bugarijwe ku buryo bukomeye na ya nzara yiswe « Nzaramba »
Ni mu Karere ka Nyaruguru ho mu burengerazuba bw’u Rwanda aho abayobozi bahagurukiye gukwirakwiza ikinyoma mu baturage babategeka kudahingutsa ijambo « Inzara » mu Karere bayobora kandi « Nzaramba » ibamereye nabi. Ni muli urwo rwego bamwe mu baturage batuye Umurenge wa Kibeho badutangarije ko bamaze kumenyera kubwirirwa bakanaburara bitewe n’inzara yateye muli ako Karere ku buryo n’imyaka bahinze […]