
Rwanda: Abatinganyi ntibakihishira
Nubwo hari itegeko ryaheze mu kabati k’inteko nshinga-mategeko y’u Rwanda ryigaga uburyo hashyirwaho amategeko arengera abatinganyi, uburaya, no gucana inyuma kw’abashakanye mu muryango nyarwanda, akaba nta mwanzuro urafatwa, ntibyabujije imyitozo y’abafatanyabikorwa by’ayo mahano gukomeza gukorera mu bwihisho Leta ya FPR irebera none bageze naho batangiye kwigaragaza ku ka rubanda ntacyo ibikoraho. Banyarwanda banyarwandakazi, twigeze kwandika […]